Burna Boy ni umwe mu bahanzi bamaze kubaka izina ku mugabane wa Africa ndetse no kwisi hose.
Uyu musore ukomoka muri Nigeria yakoze Hits zitandukanye zamuhesheje ibikombe mpuzamahanga harimo nka Gbona , On The Low , Anybody n’izindi nyinshi

Burna Boy yakoranye n’abahanzi benshi batandukanye kandi mpuzamahanga nka
Sam Smith , Jeremih , Beyonce na Ed Sheeran.

Mu myaka mike amaze mu muziki amaze gutwara ibikombe bitandukanye birimo icyo kuba ariwe muhanzi wiyerekanye ku rwego mpuzamahanga muri BET Awards 2019

Mu minsi ishize uyu musore yaje kugaragara ku rubuga rwa snapchat asa nuwibasira mugenzi we Davido
mu magambo asa nacyurira Yajyize ati ” You cannot play football, everybody knows you cannot play football and you are an embarrassment to the team but your daddy bought the football team”
Mu kinyarwanda ngo ” Ntubwo waba utazi gukina umupira , yewe ukaba uri icyanze mw’ikipe papa yaraguze iyo kipe ntacyahinduka ”
Muri make yasaga nubwira Davido Ko atazi kuririmba ahubwo byose abifashwamo na se .
ibintu byababaje abafana ba DAVIDO Bituma bakomeza kumwibasira ku mbuga nkoranyambaga.
Abajijwe icyo yarenzaho Burna Boy yajyize ati “people just run with whatever they see…me commenting on it now is going to give it some kind of ammunition”
Ati ” Abantu bapfa gukurikira ibyo babonye byose , njye kugira icyo ndenzaho nukongera ni ukongera petrol mu muriro “
I love it when individuals get together and share opinions.
Great blog, keep it up!
Thank you so much dear. We really appreciate your feedback.