Imyidagaduro
-
Umuraperikazi card B yashyize avuga icyamuteye kwiyongeresha amabuno n’amabere.
Umuraperikazi Belcalis Marlenis Almánzar umaze kwamamara nka Cardi B, yavuze ko kugira ipfunwe byatumye yihinduza byinshi ku mubiri we kugira…
soma» -
Byinshi kuri Annah series film y’uruhererekane izanye itandukaniro muri series nyarwanda.
Buri gihangano cyose cyane mu byakozwe n’ababisobanukiwe usanga gifite ubutumwa runaka cyangwa inyigisho gisigira abagikurikirana. Annah series ni film y’uruhererekane…
soma» -
Miss Rwanda: Ali kiba yatunguranye ahishura umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda 2021.
Umuhanzi w’icyamamare muri Tanzania no mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Ali Kiba, yatangaje umukobwa ashyigikiye mu irushanwa rya Miss Rwanda…
soma» -
Bimwe mu byamamare bitahiriwe n’urushako mu Rwanda.
Mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda hagiye humvikana inkuru z’urukundo hagati y’ibyamamare gusa abenshi muraba ntibigeze barambana. Kuruyumunsi irwandamedia.rw twabakusanyirije imwe…
soma» -
USA: umugore wabyaranye n’umuraperi Tekashi 6ix9ine atewe ubwoba n’icyaha cyakozwe n’uyu muraperi.
Umuraperi w’umunyamerika Tekashi 6ix9ine wamenyekanye cyane ku ruhando mpuzamahanga nyuma yo gutigisa imbuga nkoranyambaga zicururizwaho umuziki cyane cyane urwa youtube…
soma» -
Mu mafoto irebere ubwiza bw’abakobwa bahagarariye umujyi wa kigali muri miss Rwanda 2021.
Uyumunsi taliki 20 Gashyantare nibwo habaye igikorwa cyari gitegerejwe n’abatari bacye cyo gutoranya abakobwa bagomba guhagararira intara n’umujyi wa kigali…
soma» -
USA: nick minaj mu gahinda gakomeye nyuma yo kubura umuntu yakundaga mu buzima.
Onika Tanya Maraj wamenyekanye ku izina rya Nick Minaj, yavukiye mu gihugu cya Trinidad mbere yo kuza muri Amerika akarererwa…
soma» -
Rutsiro: umudozi w’imyenda arifuza kuba miss Rwanda atararangije amashuri yisumbuye.
Imanizabayo Angelique,umudozi w’imyenda wabigize umwuga arasaba ko habaho irengayobora akemererwa guhatanira ikamba rya Miss Rwanda 2021 nubwo atabashije kurangiza amashuri…
soma» -
Miss channel yashyize hanze imbamutima ze nyuma yo guhabwa passport nshya.
Mu minsi ishize ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka mu Rwanda byatangaje ko abantu bagikoresha impapuro z’inzira (passports) zatanzwe mbere ya 27…
soma» -
Mu mafoto Jyoti kisange amge umugore waciye agahigo k’umugore mugufi ku isi.
Jyoti kisange amge ni umuhindekazi w’imyaka 27.yavutse taliki 16 ukuboza 1993 avukira ahitwa Nagpur muri Maharashtra mu gihugu cy’ubuhinde. jyoti…
soma»