Ubuzima
-
Ntibisanzwe: mu bwongereza umubyeyi yasamiye inda kuyindi y’ibyumweru 3 bitera urujijo abatari bacye.
Umugore w’Umwongereza, Rebecca Roberts, yavuze ubuhamya bwe bw’imbonekarimwe bw’uko yasamye indi nda kandi atwite. Abashakashatsi bagaragaza ko ubusanzwe umubyeyi utwite…
soma» -
Ubuzima: sobanukirwa igitera kuva imyuna nuko wayirinda
Kuva imyuna bishobora kuba ikibazo gikomeye k’uyifite, ariko ku bw’amahirwe akenshi ntago aba ari ikibazo gikomeye kandi gishobora gukemurwa mu…
soma» -
Abahanga mu by’imiti bakoze Ubushakashatsi ku gitera umuntu kuvura kw’amaraso ku batewe urukingo rwa Astrazeneca.
Ikigo cy’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi kigenzura ubuziranenge bw’imiti (EMA) kivuga ko kuvura kw’amaraso kudakunze kubaho gukwiye gufatwa nk’ingaruka y’imbonekarimwe y’urukingo rwa…
soma» -
Sobanukirwa inkomoko n’iterambere ry’amalineti afasha abarwaye amaso.
Hari abantu byagora cyane kubaho nta ndorerwamo (amalineti) bitewe n’uko zibafasha kubona neza bakagenda badasitara, bagashobora gusoma, ariko umuntu yakwibaza,…
soma» -
Ubuzima: sobanukirwa akamaro k’amavuta y’inka ku buzima bw’umuntu.
Amavuta y’inka ni meza mu gikoni kandi araryoha, kuyarya bifitiye akamaro kanini umubiri kuko afite intungamubiri nyinshi kandi agafasha mu…
soma» -
Mu mafoto perezida wa Repubulika Paul Kagame na Madamu bakingiwe coronavirus.
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bakingiwe Covid-19 ku munsi wa Gatandatu u Rwanda rutangiye ku mugaragaro ibikorwa byo gukingira…
soma» -
Umuganga akaba n’umuhanzi Pedro someone yakingiwe Covid-19 akangurira n’abanyarwanda kudatinya urukingo.
Nyuma yaho habura iminsi igera ku 9 ngo umwaka wuzure umurwayi wa mbere wa covid-19 agaragaye mu Rwanda kuri ubu…
soma» -
Bombori Bombori hagati y’Ubushinwa na Amerika kubigendanye no gupimira Covid mu kibuno.
Guverinoma ya Leta zunze Ubumwe za Amerika yihanangirije u Bushinwa kudasuzuma intumwa zayo COVID-19 hifashishijwe ibipimo bifatirwa mu kibuno, isaba…
soma» -
Covid-19: Magufuli utemeranya n’abavuga coronavirusi yavuzeko nta muntu babujije kwambara agapfukamunwa.
Perezida John Magufuli wa Tanzania yavuze ko leta y’iki gihugu nta muntu yabujije kwambaraga agapfukamunwa. Yabivugiye mu kiliziya ku cyumweru…
soma» -
Udukingirizo dusaga ibihumbi 27 twahawe urubyiruko rwo mu mashuri makuru na za kaminuza.
Umuryango w’urubyiruko utegamiye kuri Leta wiganjemo urwiga ibijyanye n’Ubuzima muri Kaminuza y’u Rwanda, Community Health Boosters, watanze udukingirizo ibihumbi 27…
soma»