Imikino
8 hours ago
Imikino:amakipe 12akomeye ku isi yakoze igisa nko kwigomeka ashinga irushanwa rishya ryayo bwite.
Amwe mu makipe akomeye ku isi yemeye kwinjira mu irushanwa rishya European Super League (ESL)…
Amakuru
9 hours ago
Kurubu ibihugu umunyarwanda yemerewe kujyamo nta visa byamaze kwiyongera.
Raporo Ngarukamwaka ya Henley Passport Index, yagaragaje ko umubare w’ibihugu Abanyarwanda bashobora kujyamo bifashishije Pasiporo…
Amakuru
1 day ago
USA: hagiye gushyirwaho itegeko rihana umubyeyi wafashije umwana we kwihinduza igitsina.
Sena muri Texas ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagiye gushyiraho itegeko rihana ababyeyi…
Amakuru
1 day ago
Uburezi:REB yatangiye guha abarimu bigisha muri leta mudasobwa zigendanwa.
Ikigo cy’uburezi mu Rwanda (REB) cyatangiye igikorwa cyo guha mudasobwa zigendanwa ku barimu bose bigisha…
Imikino
2 days ago
Nyuma y’Amavubi yaciwe akayabo Uganda nayo ishobora gucibwa asaga miriyali y’amashiringi kubera mckinstry
Umunya-Irlande y’Amajyaruguru, Johnathan McKinstry, yirukanywe ku mirimo yo gutoza ikipe y’Igihugu ya Uganda ndetse ashobora…
Imyidagaduro
2 days ago
Umunyarwenya Grand m umaze kwigarurira imitima y’abanyarwanda ni muntu ki???
Grand m ni umunyarwenya akaba n’umuhanzi ukomoka mu gihugu cya Mali giherereye mu burengerazuba bwa…
Ubuzima
2 days ago
Ntibisanzwe: mu bwongereza umubyeyi yasamiye inda kuyindi y’ibyumweru 3 bitera urujijo abatari bacye.
Umugore w’Umwongereza, Rebecca Roberts, yavuze ubuhamya bwe bw’imbonekarimwe bw’uko yasamye indi nda kandi atwite. Abashakashatsi…
Ubuzima
2 days ago
Ubuzima: sobanukirwa igitera kuva imyuna nuko wayirinda
Kuva imyuna bishobora kuba ikibazo gikomeye k’uyifite, ariko ku bw’amahirwe akenshi ntago aba ari ikibazo…
Inspiration
3 days ago
Umurundi yegukanye umudari wo kwenga inzoga iryoshye ku isi.
Mu irushanwa ry’inzoga nziza riba buri mwaka riteguwe n’ikigo Monde Selection, ryemeje ko inzoga yengwa…
Amakuru
4 days ago
Ruhango: RIB yataye muri yombi umusore ushinjwa gukoresha imibonano mpuzabitsina kugahato umugore ufite ubumuga bwo mumutwe.
Ku itariki ya 12/04/2021, Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko Nsabimana Ephron w’imyaka 29 afunzwe, akaba…